Ntarirarenga imwe mu ndirimbo irimo gusakara ahantu hose ikaba ifite ubutumwa bukomeye bugenewe urubyiruko
Abahanzi batatu bakomeye mu rwanda aribo Jay C, Fireman ndetse na Safi Madiba bagize batya bati ntarirarenga. Ni indirimbo bakoze igenewe gukangurira urubyiruko kureka ibiyobyabwenge kandi na rwarundi byananiye kureba bakarubwira ko ntarirarenga ko ejo ari heza.
Cyimwe mu kiganiro twahiranye na Jay C akaba yatubwiye ko ariwe wagize igitekerezo cyiyi ndirimbo noneho agasaba na fireman akandika imirongo bakaza guhurira studio hamwe na Safi madiba. Indirimbo yiswe ntarirarenga wayumva ukanayireba hano
UMVA NTARIRARENGA HANO YA JAY C, FIREMN NA SAFI M.
Jay C yakomeje asaba abafana bose gukomeza gusakaza iyi ndirimbo ubutumwa bukagera hose haba nabamwe baheranywe nabyo bakabasha kumva ubu butumwa
Reba Videwo ya Ntarirarenga uyihe nabandi
Abahanzi batatu bakomeye mu rwanda aribo Jay C, Fireman ndetse na Safi Madiba bagize batya bati ntarirarenga. Ni indirimbo bakoze igenewe gukangurira urubyiruko kureka ibiyobyabwenge kandi na rwarundi byananiye kureba bakarubwira ko ntarirarenga ko ejo ari heza.
Cyimwe mu kiganiro twahiranye na Jay C akaba yatubwiye ko ariwe wagize igitekerezo cyiyi ndirimbo noneho agasaba na fireman akandika imirongo bakaza guhurira studio hamwe na Safi madiba. Indirimbo yiswe ntarirarenga wayumva ukanayireba hano
UMVA NTARIRARENGA HANO YA JAY C, FIREMN NA SAFI M.
Jay C yakomeje asaba abafana bose gukomeza gusakaza iyi ndirimbo ubutumwa bukagera hose haba nabamwe baheranywe nabyo bakabasha kumva ubu butumwa
Comments
Post a Comment